in

Mu magambo yuzuye urukundo rw’abarayon Jean Paul Nkurinziza yasezeye ku bafana bose ndetse abagenera inkuru nziza

Mu magambo yuzuye urukundo rw’abarayon Jean Paul Nkurinziza yasezeye ku bafana bose.

Ni nyuma yuko uwari umuvugizi wa Rayon Sport yeguye ku nshingano ze akajya hanze y’igihugu gukomeza amasomo ye, yashimiye abafana bose ba Rayon Sport.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Jean Paul Nkurinziza yagize ati

” Thank you to every Rayon_sports fan for amazing memories. We’ve been through all the ups and downs, and every time, we’ve always bounced back TOGETHER.

I step down as a spokesperson, but i will always be part of the blue family

I love you all so much! #Gikundiro”

Ugenekereje mu kinyarwanda

yagize ati ” Ndashimira buri mufana wese wa Rayon Sport, twanyurange mu byiza n’ ibibi kandi buri gihe twabaga dushyize hamwe.

Ubu nteguye ku mwanya wo kuba umuvugizi wa Rayon Sport, ariko nzakomeza kuba umwe mu bagize umuryango w’ubururu.

Abigikundiro mwese mbakunda by’agahebuzo. “

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi w’amagorane; Junior Giti yazamuye amarangamutima ya benshi kubera ifoto yashyize hanze ya nyakwigendera Yanga arikumwe n’umukobwa we Bubuna maze abantu bashengurwa n’amagambo yarengejeho yuzuye agahinda -IFOTO

Uyu we Imana iramwikundira: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi amaze kubona ikipe ikomeye cyane ku mugabane w’i Burayi