in

Uwatewe inda afite imyaka 17 ahangayikishijwe n’umwana we uhora umubaza kumwereka papa we kandi yaramwihakanye

Umukobwa watewe inda afite imyaka 17 arahangayitse cyane yibaza icyo yakora nyuma y’aho atewe inda , nyuma uwayimuteye akamwihakana.Uyu mubyeyi avuga ko yaje kubyara umwana none ahora amusaba kumwereka papa we.

Uyu mugore yagize ati:”

Mfite imyaka 17 natewe inda n’umusore,maze gusama mubwira ko yanteye arangije arahakana avuga ko inda itari ye,kandi mubyukuri nibwo bwambere nari nkoze imibonano mpuzabitsina,bivuze ntawundi muntu twaryamanye uretse we, inda nanze kuyikuramo umwana naramubyaye yarakuze,none ubu aba ambaza ngo ese Mama ,njyewe papa wanjye ninde ko mbona abandi bana baba bafite ba Papa babo,ntakintu mukeneye kindi ndashaka ko yemera akabonaa n’umwana ,none yarambwiye niba naniwe kumurera nzamumuhereze amusyire mubandi.. kandi sinabikora, ikibazo mfite ,nakora iki kugira ngo umwana amenye se? “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yapfuye ubwo yateraga akabariro n’umugore bakundanaga.

Ibanga rya Mvukiyehe Juvenal rikomeje kuba isereri mu mitwe y’abafana b’ikipe ya Kiyovu Sports