in

Uwa mbere biramuhitanye: Umwe mu bari bari muri komite y’ikipe y’Igihugu Amavubi amaze gukuramo ake karenge

Umwe mu bari bari muri komite y’ikipe y’Igihugu Amavubi amaze gukuramo ake karenge.

Jackson RUTAYISIRE wari umaze imyaka irenga 5 akurikirana ubuzima bw’ikipe y’igihugu Amavubi (Team Administrator) yeguye kuri uyu mwanya we.

Jackson yari umukozi wa FERWAFA ariko ushinzwe amakipe y’igihugu.

Jackson Yeguye kuri uyu mwanya nyuma y’uko Amavubi atewe mpaga ku mukino yahuyemo na Benin, azize gukinisha Muhire Kevin wari ufite amakarita 2 y’umuhondo.

Biravugwa ko impamvu ye yo gusezera ari ukubera mpaga ikipe y’igihugu Amavubi yatewe na Benin nyuma yo gukinisha umukinnyi wujuje amakarita.

Jackson kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Minisiteri ya Siporo yari yatangaje ko igiye gukurikirana icyatumye Amavubi aterwa mpaga.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese bajya bakwima? Mugabo hari igihe uzataha ushaka kunoza amabanga y’abashakanye ariko umugore wawe abyange, menya impanvu ibitera n’uko uzabyitwaramo

Umutoma W’umunsi: Ku wa 20/05/2023 – Ndagakunda ariko kazansaza…