in

Ese bajya bakwima? Mugabo hari igihe uzataha ushaka kunoza amabanga y’abashakanye ariko umugore wawe abyange, menya impanvu ibitera n’uko uzabyitwaramo

Mugabo hari igihe uzataha ushaka kunoza amabanga y’abashakanye ariko umugore wawe abyange, menya impanvu ibitera n’uko uzabyitwaramo.

Bikunze kubaho kenshi ko umugore yangira umugabo we ko binjira mu mabanga y’abashakanye.

Hari impamvu nyinshi zigiye zitandukanye zibitera icyo wowe mugabo usabwa mu gihe bikubayeho ni ugutuza ukabanza ukamenya impamvu.

Zimwe muri izo mpamvu harimo nko kuba yiriwe mu kazi agataha ananiwe cyane, hari igihe aba afite igikomere kuri iyi ngingo (wenda yarafashwe ku ngufu), hari igihe muzaba mufitanye ibibazo ndetse n’izindi nyinshi.

Icyo wowe mugabo usabwa igihe uhuye n’iki kibazo, ntuzisharirize ngo wigire intare kuko umugore yakwimye. Wowe uzatuze muri wowe muganire mwitonze.

Uzamubaze impamvu yabimuteye ariko aha ugomba kubikorana ubushishozi bwinshi, uzamutege amatwi kandi uzirinde kumucira urubanza

Uzamwumve witonze niwumva ikibazo cyiri kuri wowe uzasabe imbabazi ndetse nusanga ariwe uzamufashe gushaka umuti.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

We ni karemano: Umugore wa The Ben, Uwicyeza Pamella asigaye yireba na we akitangarira kubera imiterere idasanzwe asigaye afite (VIDEWO)

Uwa mbere biramuhitanye: Umwe mu bari bari muri komite y’ikipe y’Igihugu Amavubi amaze gukuramo ake karenge