in

Urutonde rw’ibihugu 15 bifite amafaranga afite agaciro muri Afurika. u Rwanda ruri kuwuhe mwanya?

A woman holds 03 July 2007 in Accra a wad new currency, the new cedi, that Ghana put in circulation that day, although the old money will still be valid until the end of the year. Currently, the cedi is one of the least valued currencies in Africa: 9000 cedis equal one US dollar. Ernest Addison, head of research at the Bank of Ghana, assured in November 2006 that the changeover was not a revaluation nor devaluation, and will not affect foreign exchange. AFP PHOTO / ISSOUF SANOGO (Photo credit should read ISSOUF SANOGO/AFP/Getty Images)

Agaciro k’ifaranga kagenwa bitewe nuko rihagaze ugereranyije n’ifaranga ry’amerika cyangwa se Idorali ry’america. Amafaranga y’ibihugu byo muri Afurika ntakunze kugira agaciro kari hejuru bitewe ahanini n’ibibazo bya hato  na hato mu bukungu bitajya bibura muri ibi bihugu.

Ariko bimwe mu bihugu by’afurika byamaze gutera imbere nka Afurika yepfo bifite ifaranga ryihagazeho ugereranyije n’idorali ry’amerika.

Urutonde rw’ibihugu 15 bifite amafaranga afite agaciro muri Afurika ruyobowe n’igihugu cya Afurika yepfo maze ku mwanya wa nyuma hakazaho igihugu cya Zambia.

Igitangaje nuko mu Karere k’iburasirazuba, u Rwanda ndetse n’Uburundi aribyo byonyine bitaza mu myanya 15 bivuzeko biza mu myanya y’inyuma cyane mu kugira amafaranga afite agaciro.

Reba urutonde uko ruhagaze hano hasi:

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo itazigera isibangana mu mitwe y’abafana ba Rayon Sports na APR FC

“Aka gacucu ndagakunda nukuri kw’Imana…” – Zaba Missedcall abwira Miss Lynda