in

Umwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yambitswe impeta n’uwamwihebeye (amafoto)

Sebihogo Kaneza Merci wabaye igisonga cya mbere cya Miss RTUC 2016, akanahatana muri Miss Rwanda yambitswe impeta y’urudashira n’umukunzi we bamaranye igihe.

Mu mafoto n’amashusho yasangijwe n’inshuti za hafi z’uyu mukobwa zari zabukereye mu birori byambikiwemo Sebihogo impeta bavuze ko atazuyaje kwambikwa impeta cyane ko ari umukunzi we w’ibihe byose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manchester United yahamije ko ahari Ronaldo ariwe wari ikibazo, Chelsea yiyunga n’abafana

Kigali: abantu batunguwe n’urusengero rugiye gutezwa cyamunara