in

Umuyobozi wa FA muri Brezil yagize icyo atangaza kuri Ancelotti niba yajya gutoza ikipe y’igihugu ya Brazil.

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brazil yemeje ko uwo bifuza kuba yatoza ikipe yabo y’igihugu ari Ancelotti .

Ednaldo Rodrigues uyobora w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru muri Brezil yagize Ati” simvuze ko Ancelotti hari ibiganiro twagiranye gusa turigusuzuma ngo turebe niba tu mucyeneye Kandi niba haricyo yadufasha”

Yakomeje agira Ati” niwe mahitamo yacu yambere ibi ndabivuze Kandi mvugishije ukuru kuko nta mpamvu yo kubihisha, Ancelotti niwe dushaka”.

Uyu mutoza ubu uri gutoza Real Madrid yavuzwe kujya gutoza muri iy’ikipe y’igihugu ya Brazil kuva yasezererwa mu gikombe cy’Isi cya 2022 bitungura ariko uyu mutoza akomeza kubihakana avuga ko azakomeza gutoza ikipe ya Real Madrid.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid amaso yose iyahanze kuri Jude Bellingham

Menya Sankore’ kaminuza yabayeho 1200 nyuma y’ivuka rya Yesu