in

Umuvugizi wa Rayon Sports yahaye ubutumwa KNC na Mutabaruka bakomeje kwizeza abafana ba APR FC ko bazabahorera

Mu gihe habura iminsi mike ngo ikipe ya Gasogi United icakirane na Rayon Sports, Perezida wa Gasogi United KNC yatangaje ko azahorera abafana ba APR FC akabatsindira Rayon Sports.

Umuvugizi wa Rayon Sports, Jean Paul Nkurunziza byamwanze mu nda maze nawe agenera ubutumwa KNC ndetse na Mutabaruka Perezida w’abafana ba Gasogi United.

Abinyujije kuri Twitter, Jean Paul yagize ati “Umwana iyo se cyangwa undi muntu mukuru ungana na se amushyize ku rutugu bagenda yibwira ko amusumba…

“Ntarutugu rukura ngo rusumbe ijosiii.”. Number ubutumwa yageneye KNC na Mutabaruka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto ya Gihozo yambaye umwenda umufashe cyane ugaragaza imiterere y’ibibero bye akomeje kurikoroza ku mbuga

Ariko umusore wacu yagorwa, nyuma y’uko umukobwa ateye Element imitoma itagira ingano yasamiwe hejuru na bamwe