in

Ariko umusore wacu yagorwa, nyuma y’uko umukobwa ateye Element imitoma itagira ingano yasamiwe hejuru na bamwe

Ariko umusore wacu yagorwa, nyuma y’uko umukobwa ateye Element imitoma itagira ingano yasamiwe hejuru na bamwe.

Element utunganya imiziki akaba n’umuhanzi akomeje kwerekwa urukundo rudasanzwe na bamwe mu bakobwa badatinya kuvuga ko ari igitego mu basore.

Umwe mu bakobwa bakoresha Twitter yihandagaje yandika imitoma yifashishije ifoto ya Element iherekejwe n’amagambo agira ati”Gitego mu basore, Gitego mu bahanzi ,Gitego mu beza bose isi yagize kuva yaremwa, Cyo ngwino utahe umutima wange.”

Iyi niyo mitoma yatumye abakoresha Twitter babura ukwihangana bakagira icyo babivugaho, hari uwagize ati “ariko hit iraryoha kwel ubu mwamusariye” hari n’abandi bagize icyo babivugaho.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa Rayon Sports yahaye ubutumwa KNC na Mutabaruka bakomeje kwizeza abafana ba APR FC ko bazabahorera

Salima Mukansanga yavuze umunsi atazibagirwa bwa mbere asifura – VIDIO