in

Umutoza wa Rayon Sports nyuma yo kumenya ibyo Al Hilal Benghazi yakoze mu buryo bw’ibanga nawe yahise afata umwanzuro utashimishije abakunzi b’iyi kipe

Umutoza wa Rayon Sports nyuma yo kumenya ibyo Al Hilal Benghazi yakoze mu buryo bw’ibanga nawe yahise afata umwanzuro utashimishije abakunzi b’iyi kipe

Umunya-Tunisia Yamen Zelfani utoza ikipe ya Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo kumenya ko Al Hilal Benghazi yohereje abantu hano mu Rwanda bo kumenya amakuru yose arebana n’iyi kipe atoza.

Abatoza benshi bakomoka mu bihugu by’abarabu, kubera bazi imitegurire y’amakipe akomoka muri ibi bihugu nabo bafunga uburyo bwose bwatuma ikipe batoza itapfa gutsindwa. Ni muri urwo rwego umutoza wa Rayon Sports yasabye ko iyi kipe igiye gukora imyitozo nta mufana wemerewe kwinjira.

Gukoresha imyitozo ntamufana wemerewe kwinjira uyu mutoza yabitangiye ku munsi wejo hashize nyuma yo kumenya ko ikipe ya Al Hilal Benghazi yohereje abantu hano mu Rwanda baje gutegurira iyi kipe iragera hano mu Rwanda kuri uyu wa Kane.

Ikipe ya Rayon Sports iratangira umwiherero kuri uyu wa Kane ari nako izajya ikora imyitozo ntamufana wemerewe kwinjira kugeza umukino urangiye ndetse inakomeze gukora ntamufana kugirango hatagira ucuruza amashusho y’ibyo umutoza ariko kwigisha abakinnyi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Claude mukunzi
Claude mukunzi
10 months ago

Amahirwe Masa rayor yacu turagukunda

Iyo abibajijwe asuka amarira, umukecuru ugize imyaka 95 akiri isugi yuzuye akomeje gutera abatari bake agahinda kubera ukuntu yananiwe kwakira ko asazanye ubusugi

Imodoka ya RIB itwaye Kazungu ukekwaho ibyaha byo kwica abantu akabahamba mu nzu igeze ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro – VIDEWO