in

Umutoza wa Kiyovu Sports yageneye ubutumwa APR FC bazahura muri 1/2 mu gikombe cy’amahoro ndetse n’andi makipe yose yibwira ko hari igikombe azegukana

Alain-André Landreth utoza Kiyovu Sports yahaye ubutumwa ikipe ya APR FC bazacakirana muri 1/2 k’irushanwa ry’igikombe cy’amahoro ndetse nandi makipe atekereza ko azegukana igikombe cya shampiyona cyangwase igikombe cy’amahoro ababwira ko Kiyovu byose ibishaka.

Mu kiganiro n’itangazamakuru,  Landeut yagize ati ‘Ni umukino wa nyuma uje kare, ubundi byakabaye byiza guhura na APR ku mukino wa nyuma ariko tuzi ubushobozi bw’abakinnyi ba Kiyovu Sports, APR FC ntituyitinya. Ntabwo twabatinya, tuzagerageza kubasezerera muri ½.”

Nidutsinda uyu mukino, bizaduha amahirwe yo gutsinda umukino wa nyuma. Nta mpamvu yo kutabitekereza, urebye urwego rw’abakinnyi dufite, na bo bashaka kwegukana ibikombe byombi. Gutwara ibikombe bibiri birashoboka.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Rayon Sports yongeye kugira ikibazo cyababaje benshi gishobora gutuma atagaragara ku mukino uri muri wikendi

Abakobwa b’impanga bavutse bafatanye batangaje ko bari mu munyenga w’urukundo – AMAFOTO