in

Abakobwa b’impanga bavutse bafatanye batangaje ko bari mu munyenga w’urukundo – AMAFOTO

Abakobwa b’impanga Lupita na Carmen bavutse bafite igice cyo hasi kimwe ariko imitwe ikaba ari ibiri batangaje ko bamaze kubona umukunzi.

Aba bakobwa bavukiye mu gihugu cya Mexico ariko bakurira mu gihugu cya USA kuri ubu bafite imyaka 22.

Gusa ariko ikintu gitangaje kuri izi mpanga zombi, ni uko bose bafite umwanya umwe w’ibanga bahuriyeho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Kiyovu Sports yageneye ubutumwa APR FC bazahura muri 1/2 mu gikombe cy’amahoro ndetse n’andi makipe yose yibwira ko hari igikombe azegukana

Abirusha ababigize umwuga: Rutahizamu wa Kiyovu Sports Bertrand yagaragaye abyina zi mwe mu mbyino zigezweho kurusha ababyinnyi babigize umwuga (video)