in

Umutingito watinye kugusha ikibumbano cya Bikila Maliya ateruye Yezu bitungura benshi

Umutingito wari ku gipimo cya 7.8 wabaye mu rukerera rwo kuwa mbere tariki 6 Gashyantare 2023 ,mu gihugu cya Turikiya na Syria ugahitana abagera ku bihumbi 18 bari kubarurwa ubu , abantu batunguwe no kuba utarigeze  ugira  icyo ukora ku kibumbano cya Bikila Maliya ateruye yezu .

Ni ikibumbano giherereye kuri Katederali nkuru ya Apostolic Vicariate  iherereye mu mujyi wa Alexandretta  ,  mu ntara ya Hatay , mu gihugu cya Turikiya  , aho bivugwa ko ubwo umutingito wabaga wangije ibintu byinshi muri uwo mujyi ariko ko iki kibumbano kitigeze kigira icyo kiba ngo cyangirike.

Ku buryo hari abavuze ko ibi ari ubushake n’ubushobozi bw’Imana ihoraho kandi ko Imana itangaje

Ikibumbano cya Bikila Maliya ntikige gikorwaho n'umutingito
Ikibumbano cya Bikila Maliya ntikige gikorwaho n’umutingito

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyamaswa y’inkazi yinjiye mu rukiko maze irya abarimo n’abacamanza

Indirimbo ‘Kashe’ ya Producer Element yatumye uyu musore akora amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda