in

Indirimbo ‘Kashe’ ya Producer Element yatumye uyu musore akora amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda

Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya amajwi y’indirimbo Mugisha Robinson Fred wamenyekanye nka Element Eleeeh, abifashijwemo n’indirimbo ‘Kashe’ yashyize hanze umwaka ushize yaciye agahigo ko kuba umuhanzi wa mbere ugize indirimbo ya mbere mu mwuga ikarebwa n’abasaga miliyoni 5 kuri YouTube.

Element yashyize hanze indirimbo ‘Kashe’ ku wa 24 Nyakanga umwaka ushize wa 2022. Kuri ubu yamaze gutanga integuza y’indirimbo ye yindi ya kabiri.

Kashe ya Element ibaye indirimbo ya gatatu y’umu nyarwanda yasohotse muri 2022 igize miliyoni 5 nyuma ya ‘Why’ ya The Ben na Diamond Platnumz na ‘Inana’ ya Chriss Eazy.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutingito watinye kugusha ikibumbano cya Bikila Maliya ateruye Yezu bitungura benshi

Manishimwe Djabel wahoze ari umwana wa Gikundiro akaza kuyitera umugongo yabwiye abakinnyi ba APR FC umukinnyi wa Rayon Sports w’umuswa bazaba bagize icyambu