in

Umutare Gabi yajyanywe mu rukiko igitaraganya n’umugore we ku bintu bitangaje ari kuregwa

Umutare Gaby yajyanywe mu rukiko n’umugore uvuga ko babyaranye mbere y’uko akora ubukwe, agasaba ko uyu muhanzi yemera abana ndetse agafata n’inshingano zo kubitaho.

Amakaru avuga ko mbere y’uko uyu muhanzi ashyingiranwa n’umugore we babana muri Australia mu 2017, yari yarabyaranye impanga n’umunyarwandakazi utuye mu Mujyi wa Kigali abana bavutse ku wa 8 Werurwe 2016 .

Hari amakuru yagaragarijwe Urukiko ko umwaka wose wa 2021 Umutare Gaby yishyuriraga ishuri aba bana icyakora aza kubihagarika, ari nayo mpamvu uwo babyaranye yitabaye inzira y’ubutabera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro: Abaturage batunguwe no kubona umugore wari usanzwe ufite inda y’imvutsi nyuma babona afite mu nda zero kandi nta mwana yabyaye

Imbwa yakoraga igipolisi yagiye mu zabukuru imaze gufata abanyabyaha 166