in

Kicukiro: Abaturage batunguwe no kubona umugore wari usanzwe ufite inda y’imvutsi nyuma babona afite mu nda zero kandi nta mwana yabyaye

Mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe haravugwa inkuru y’umugore wari ufite inda nkuru gusa abaturage baje gutungurwa no kubona atakiyifite, biza kumenyekana ko yayikuyemo.

Ibi byabereye mu kagali ka Busanza aho umubyeyi abaturage bari basanzwe babona atwite inda nkuru, nyuma baza kubona ntayo agifite nta n’umwana maze bamenyesha ubuyobozi maze abwemerera ko yayikuyemo.

Uyu mugore ubwe yiyemereye ko inda yayikuyemo umwana akamujugunya mu bwiherero.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nu mukobwa unsukurira icyumba numva namurongora! Inkumi z’i Kigali zikomeje kuvugisha menshi Harmonize

Umutare Gabi yajyanywe mu rukiko igitaraganya n’umugore we ku bintu bitangaje ari kuregwa