in

Umusore yazinutswe mu Kiliziya kubera ibyo yahaboneye biteye ubwoba

Umusore yatangaje ko yazinutswe kujya mu kiliziya nyuma yo kujyayo bakamutera amazi y’umugisha.

Uyu musore wo muri Nijeriya yagiye ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo agaragaze ko atinya amazi y’umugisha mu gihe ahuye n’umubiri we.

Nk’uko uyu musore uzwi kuri Twitter yitwa @Viccetti abitangaza ngo amaze imyaka ine atajya muri kiliziya gatolika kubera gutinya amazi yera.

Yavuze ko igihe cyose bayamuteye kandi agakora ku mubiri we, ahita acika intege.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

MC Nariyo yahishuye ukuntu yari yishwe n’urumogi, gukizwa byanze agarutse mu mwuga

“Twari dukumbuye amabuno meza” imiterere ya Fofo wo muri Papa Sava yongeye gushimisha abafana(AMAFOTO)