in

Umusore yatunguye umukobwa ashyira impeta mu biryo bye arayimira agahinda gataha mu muryango

Ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko iyi mpanuka yabereye mu gace ka Gongoni mu karere ka Tana River kuri uyu wa 12 Werurwe 2023.

mu r4wego rwo kumutungura, Nyina wa Jessica wagaburaga aya mafunguro, yakoze ibishoboka byose ngo isahani iriho impeta igere kuri uyu mukobwa. Mu gihe cyo kurya, yisanze yayimize, igikuba kiracika, yihutishirizwa ku bitaro biri hafi.

Iki kinyamakuru kivuga ko nyuma y’aho uyu mukobwa avuwe, agakurwamo impeta yari yamize, Charo yayimwambitse, amusaba ko bazashakana, na we arabimwemerera. Gusa umusore avuga ko yahakuye isomo rikomeye cyane.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku bagabo bayanywa! Ngibi ibintu biba mu mavangingo y’umugore mwaryamanye

Itangazo ryihutirwa rigenewe abanyeshuri bose bo mu Rwanda