in

Ku bagabo bayanywa! Ngibi ibintu biba mu mavangingo y’umugore mwaryamanye

Abagabo benshi bakunda gukora imibonano mpuzabitsina n’abagore bafite amavangingo aho hari na bamwe mu bagabo banywa ayo mavangingo.

Muri iyi nkuru tugiye kukwereka ibiba bigize amavangingo y’abagore.

Ubusazwe amavangingo nta mpumuro agira, nta n’ibara. Gusa kuri bamwe hari igihe aza afite ibara ry’umweru w’amata iyo agitangira kuza nuko nyuma yaba menshi rya bara rikagenda.

Amavangingo akaba agizwe na PSA (prostate-specific antigen) na PAP (prostatic acid phosphatase). Ibi binyabutabire ushobora no kubisanga mu nkari, ariko ku gipimo cyo hasi cyane.

Uretse ibi dusangamo ku gipimo cyo hejuru tunasangamo kandi:

  • Urea, ariko ku gipimo cyo hasi ugereranyije n’iba mu nkari
  • Ibinyabutabire bimeze nk’ibiba mu masohoro y’abagabo
  • Isukari (glucose) ku gipimo cyo hasi cyane
  • Zinc

Ibizami binyuranye byagiye bikorerwa ku mavangingo byerekanye ko harimo uturemangingo twice mikorobe. Niyo mpamvu hemezwa ko umugore unyazwa kenshi bimurinda indwara y’ubwandu bw’umuyoboro w’inkari (UTI)

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwami w’ishyamba yahiritswe ku butegetsi

Umusore yatunguye umukobwa ashyira impeta mu biryo bye arayimira agahinda gataha mu muryango