in

Umusore wabyaranye na Mukarujanga byose abishyize hanze.

Umusore wabyaranye na Mujawamariya Hyacinthe yamenyekanye muri filime zitandukanye mu Rwanda, yahishuye iby’umubano rwabo.

Uyu musore wabyaranye na Mukarujanga yitwa True Boy akaba ari’umuhanzi.Avuga ko ajya guhura na Mukarujanga byatangiye ari akazi kabahuje aho yagendaga amufasha mu bikorwa bye by’umuziki guhera muri 2018.

Ati “Byatangiye ari akazi ariko haziramo n’urukundo, ubu twamaze kwibaruka umwana w’umukobwa nabimushimiye cyane kandi turacyanarikumwe ubu icyo namubwira ni uko nkimukunda cyane.”

Nubwo babyaranye ntabwo babana. Ati “Kubana nawe bizaterwa n’ubushobozi kuko buri wese aracyaba iwabo ariko ni tubona ubufasha twabana ntakibazo.”

Aba bombi bibarutse taliki ya 30 Kanama 2021 nyuma y’undi mwana w’umukobwa Mukarujanga yari yarabyaye mu mwaka wa 2014.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa muhanzi utwite yakorewe ibirori bya Baby Shower.

Tangira kurira uyu munsi nyuma yo kumenya ibi byiza byabyo mu buzima bwawe