in

Umusimbura wa Element yatangiye akazi ko gutunganya umuziki

Umuhanga mu gukora indirimbo mu buryo bw’amajwi Aime Patrick Bigirimana uzwi nka Realbeat.iamreal yamaze gusinya muri Country Records ya Noopja nk’umusimbura wa Element_eleeeh umaze iminsi yerekeje muri 155am_entertainment ya Coach Gaelk

Real Beat yari asanzwe ari umwe muba producer batanga icyizere mu Rwanda cyane ko yabarizwaga muri Touch Records yari ahuriramo na Niz_beatz

Uyu musore yakoze indirimbo zakunzwe zitandukanye zirimo “Exchange” ya Bwiza “Buriyana” ya Niyo Bosco “Iryintare” ya Social Mula“Rompe” ya Afrique n’izindi.

Kugeza ubu iyi studio irimo kubarizwamo aba producer babiri Kozze na Realbeat.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nshya kuri Aranza w’imyaka 8 wari warashimuswe na nyina muri 2018

Inkumi y’uburanga yahawe icyangombwa cyagora abakobwa b’i Kigali kucyibona (AMAFOTO)