in

Inkumi y’uburanga yahawe icyangombwa cyagora abakobwa b’i Kigali kucyibona (AMAFOTO)

Umukobwa w’Umunyafurika y’epfo  yagaragaje icyangombwa cy’uko ari isugi yahawe na Sivuselela Amasiko Trust nyuma y’isuzuma bari bamaze kumukorera .

Mu bihugu nka Afrika y’Epfo ,Congo Malawi iyo umaze kuzuza imyaka 18 mu bice bimwe na bimwe ujya mu  isuzuma ryekana ko ukiri isugi ,basanga uriyo  ugahabwa icyangombwa kibigaragaza .

Mu batanze ibitekerezo ,hari abavuze ko ari byiza kuba ari isugi ariko kandi bavuga ko kibaye ari umunyanigeriya yari kuba yarahawe icyangombwa cyo kuba yarasambanye inshuro nyinshi.

Yahawe icyangombwa kigaragaza ko akiri isugi
Yahawe icyangombwa kigaragaza ko akiri isugi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusimbura wa Element yatangiye akazi ko gutunganya umuziki

Byiringiro League yasesekaye muri Sweden -Amafoto