in

Umukozi wa Radiyo ikunzwe hano mu Rwanda yabatuye Mudasobwa ya Sebuja anyarukira kuri RIB kubera akarengane yakorewe na nyiri iyi Radiyo

Umukozi wa Radiyo ikunzwe hano mu Rwanda yabatuye Mudasobwa ya Sebuja anyarukira kuri RIB kubera akarengane yakorewe na nyiri iyi Radiyo

Umukozi wa Capital FM yafatiriye laptop ya nyiri radio, Kelvin Katuramu, ngo kuko kuva yabaha akazi mu kwa 2 uyu mwaka atarabahemba.

Amakuru ahari avuga ko uyu munyamakuru utazi ifaranga ry’umukoresha we byabaye ngombwa ko yitabaza urwego rw’ubugenzacyaha RIB kuri Sitasiyo iherereye ku Kimihurura.

Ndetse akaba yanyarukiye kuri RIB yitwaje Laptop ya nyiri radio ya Capital fm itari imaze igihe kinini ikorera mu Rwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa ku mukino ugomba guhuza Apr Fc na Rayon Sport ndetse n’ugomba guhuza Kiyovu sports na Mukura

Ikipe yose iruzuye! Rwatubyaye Abdul, Onana na Ndizeye Samuel bakoranye imyitozo na bagenzi babo bagaragaza urwego rwo hejuru bishimisha Haringingo uri kwitegura guhatana na APR FC