in

Umukobwa yakatiye byihuse umusore wamuteretaga nyuma yo gusanga afite ubugabo bunini

Umukobwa wo muri Ghana yabenze bitunguranye umusore bari kumwe mu rukundo nyuma yo gusanga afite ubugabo bunini avuga ko yasanze yari kuzapfa iyo yemera ko bashyiranwa.

Nk’uko GhGossip ibitangaza ngo uyu mudamu uzwi ku izina rya Nana Adwoa yabimenyesheje mu kiganiro yagiranye na radiyo, aho yavuze ko ubugabo bw’umukunzi we ari bunini cyane kandi ko atazashobora kubyihanganira mu gihe cy’bakoze ubukwe bwabo bakabana akaramata.

Nana wavugaga mu rurimi kavukire rwa Gana, yavuze ko yahuye n’umukunzi we witwa Emma abinyujije ku nshuti yamuhaye nimero ye kandi bari bamaze igihe bavugana kuri terefone mbere yuko bahura.

Yiyemereye ko uyu musore ari we wihariye, ariko nyuma yo kubona ko yari afite ubugabo bunini ,uyu mwari yamenye ko atagishoboye gukomeza umubano wabo, .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birenze ukwemera/ Irebere abastar 5 mu Rwanda bafite abandi basa cyane bo hanze

Kim Kardashian byemewe n’amategeko yatandukanye na Kanye West uru rwango rwavuye he!?