in

Umukobwa w’ikizungerezi wari wambaye akenda k’imbere gusa yazungurije ikibuno abapolisi bashaka kumufunga abantu barumirwa

Umukobwa wambaye ikariso n’isutiya yafashwe ya na polisi agaragara ayikubaho ikibuno mugihe bamwambikaga amapingu bamujyanye ku mufunga.

Ni amashusho yakwirakwije kumbuga nkoranyamba, aho uyu mukobwa yagaragaye afashwe na Polisi.

Uyu mukobwa wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Detroit mu mujyi wa Michigan, yafashwe bitewe n’ubusinzi.

Ubwo uyu mukobwa yafatwaga yarikumwe na bagenzi be, uyu mukobwa amaze gufatwa ntiyigeze arwanya inzego z’umutekano ahubwo ibyo yazikoragaho nibyo byatangaje abantu benshi bamubonye.

Ubwo uyu mukobwa bajyaga kumwambika amapingu wabonaga ntacyo bimubwiye nk’umuntu ugiye gufungwa ahubwo akarwana no gukaraga ikibuno ku mupolisi w’umugabo wari wamufatiye amaboko inyuma ashaka kumwambika amapingu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bad Rama nyuma y’iminsi mike abuze umubyeyi we yagaragaye ari kumwe n’inkumi iri kuzunguza ikibuno ivumbi riratumuka(videwo)

Ngibi ibihugu bitajya bisaba umusoro uwari wo wose ku isi