in

Umukobwa mwiza ahishuye uburyo umupasteri yamweretse filime z’urukozasoni ahita asezera muri ADEPER|Basigaye bamwita indaya.

Uyu mukobwa witwa Sandra yahishuye ko Pasteri wo muri ADEPER yashatse kumukoresha ibiteye isoni, bituma afata icyemezo cyo kuva muri iryo dini, none ngo basigaye birwa bamushinja uburaya bavuga ko yaguye.

Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV, Sandra yasobanuye ko uwo mupasiteri yagiye amwiyegereza buke buke, bikagera n’aho amwereka filime z’urukozasoni (porn) zari muri telefoni ashaka kumugusha mu mutego w’ubusambanyi.Uyu mukobwa avuga ko akibibona yahise afata icyemezo cyo guhindura idini.Sandra avuga ko kuri ubu yahinduwe indaya muri ADEPER aho birwa bamutaramiyeho ngo yaraguye.

Ku giti cye avuga ko guhindura idini ari uburenganzira bwe,ko badakwiye kumwibasira,asaba kandi ko mbere yo gucira umuntu urubanza ugomba kwitonda ugashishoza.Ati:” niba umuntu asambanye ni we ugomba kubyimenyera,ntibakanshire imanza,niba naraguye naguye ku giti cyanjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rocky Kimomo: Pipi we wibuke ko nta mwana unyara ku kabari||Ahise yimanukira muri parike y’Akagera.

Imodoka 5 zihenze cyane ku isi muri 2021|utarakoze ikofi ntiwayigondera.