in

Umukinnyi yahawe igihembo cy’amatireyi 5 y’amagi

umunya Zambia Kennedy Musonda ukinira ikipe ya “Power Dynamos” yahawe igihembo cy’amatireyi 5 (bowls of eggs) y’amagi nk’igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umukino wari wahuje ikipe ye n’ikipe ya Nkana Football Club mu mikino ya Derby ya kitwe.

Ibinyamakuru byo muri Zambia bivuga ko Kennedy yahawe amatireyi atatu y’amajyi nk’igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umukino ariko hakiyongeraho amatireyi 2 y’igitego yari yatsindiye ikipe ye muri uwo mukino.

Ikinyamakuru tellerreport  dukesha iy’inkuru kivuga ko ngo Kennedy Musonda w’imyaka 27 yakiriye neza igihembo yahawe ndetse ko kugeza ubu amaze gutsinda ibitego 6 muri iyi season.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate yakoze igikorwa cyananiye Perezida Uwayezu Jean Fidele bituma abafana ba Rayon Sports bamusabira umugisha ku Mana

Rutahizamu w’igihangange wabiciye bigacika muri Young Africans yo muri Tanzania yamanuye amafaranga yacaga Rayon Sports nyuma yo kwizezwa ikintu gikomeye