in

Umukinnyi w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda yaburiwe irengero nyuma yo guhabwa amafaranga

Umukinnyi w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda yaburiwe irengero nyuma yo guhabwa amafaranga

Ku munsi wejo hashize ubwo ikipe ya Espoir FC yatsindaga ikipe ya Gicumbi FC ibitego 2-1 umutoza wa Espoir FC Romami Marcel yatangaje ko umukinnyi witwa Dusange Bertin yaburiwe irengero.

Uyu mukinnyi biravugwa ko kuva yahabwa amafaranga agasinya amasezerano muri Espoir FC n’abandi bakinnyi ngo ataraza gukora imyitozo ibintu umutoza we afata nko kwihemukira kuko ngo yari afite byinshi byo kwiga.

Mu kiganiro Romami Marcel yahaye itangazamakuru nyuma y’uyu mukino yatangaje ko Dusange Bertin yabuze. Amakuru avuga ko uyu mukinnyi impamvu ngo ataraza mu myitozo ngo biraterwa ni uko atarabona uko yajya kuba mu karere ka Rusizi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwirinda ubwibone, bahisemo gusenga bambaye ubusa ibitsina biri hanze kugeza igihe Yesu azazira

Buri gahugu n’umuco wako! Imbyino z’abana bato b’abakobwa baba babyina batera imigeri mukirere kubera umuco wabo zikomeje gutangaza benshi