in

Umukinnyi wa Manchester united yarezwe n’umukunzi we gushaka gutera akabariro buri munsi

Iyo bavuze umugore n’umugabo babana baba bagomba gutera akabariro ka buri munsi ndetse bamwe bakavuga ko ulo umwe muribo abishatse biba bigomba gukorwa.

Urukiko rwo mu bwongereza bwahamije uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United gufata umugre we nkaho ari umukozi we wo mu rugo.

Uyu mukinnyi wahoze akinira Manchester United arashinjwa gutera ubwoba no guhohotera uwahoze ari umukunzi we, Kate Greville w’imyaka 38, mu gihe cy’imyaka itatu.

Mu itangazo ryasohowe na polisi, ryasomewe mu rukiko rwa Manchester,Kate yagize ati: “Yifuzaga gukora imibonano mpuzabitsina igihe cyose. Ntabwo yamfashe ku gahato ariko yakoreshaga imibonano mpuzabitsina kugira ngo ambone.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umujura yihaye kurwanya abaturage akubitwa iz’akabwana

Gukubita Teta Sandra byakozeho Weasel