in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umuhanzikazi Lady Gaga yatamajwe bikomeye n’ikanzu ye bamufotora agaragaza imyanya y’ibanga ye.

Umuhanzikazi Lady Gaga aheritse gutamazwa n’ikanzu yari yambaye aho yari mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma aganira na NBC aganira n’umunyamakuru Stephen Colbert. Muri uko kuganira byagaragaraga ko Gaga yambaye neza ikanzu y’umukara.

Ubwo ikiganiro cyarangiraga, bagiye hanze kwifotoza. Lady Gaga yafashe amafoto atandukanye hanze ya Studio ya NBC, yaje gufata ikanzu nabi umuyaga urayigurukana umwambura ubusa imbere ya Camera amafoto arakomeza arafatwa bisanzwe.

Ibi byerekana ko umuntu agomba kwambara umwenda utamutamaza igihe runaka cyane ku bakobwa bambara imyenda irekuye migufi cyangwa isatuye bitangaje, aho bashobora kwambara ubusa ku karubanda kubera umuyaga cyangwa ikindi kintu cyabitera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu magambo meza isigirije urukundo rwinshi, Paul Pogba yifurije umugore we isabukuru .

Umuhanzi Riderman Yamamaje Inzoga Yifashishije Umurongo wo Muri Bibiliya