in , ,

Umuhanzi Riderman Yamamaje Inzoga Yifashishije Umurongo wo Muri Bibiliya

Umuhanzi Riderman ukunzwe hano mu Rwanda mu Njyana ya Hip Hop kuva yagatangira umuziki muri 2006 kugeza ubu, numwe mubamamaza divayi ya Golden Lion. Riderman yagaragaye yamamamaza iyi nzoga akoresheje umurongo wo muri Bibiliya uboneka mu Mubwiriza 10:19.

Abinyujije kurubuga rwe rwa Instagram, Riderman yashyizeho ifoto afite ye afite niyi divayi maze yandikaho amagambo agira ati “Umubwiriza 10:19. Ibirori bigirirwa gusetsa,kandi VINO inezeza ubugingo, kandi IFEZA niyo isubiza byose.” asa nushaka kuvuga ko gufata VINO cyangwa inzoga ari ngombwa mubuzima.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Lady Gaga yatamajwe bikomeye n’ikanzu ye bamufotora agaragaza imyanya y’ibanga ye.

Amashusho ya Anita Pendo yatumye abarimo abasore bamutomagiza.