in

Umugore warongowe n’abagabo batatu icyarimwe, yabavuze imyato karahava

Umugore warongowe n’abagabo batatu yabavuze imyato karahava nyuma y’uko anyuzwe no gushakwa nabo.

Umugore witwa Nellie ukomoka muri Kenya, ashimishijwe no kuba yarashatswe n’abagabo batatu icyarimwe kuko ngo bamuha ibyishimo bidacagase.

Mu bagabo batatu bashakanye n’uyu mugore ufatwa nk’udasanzwe harimo na Muramu we, wamukunze urwo gupfa bigatuma aza kwibanira na we.

Nellie aganira n’itangazamakuru ryo muri Kenya, yavuze ko yari afite umugabo gusa ariko akaza kwitaba Imana. Nyuma y’uko yitabye Imana Murumuna we yahise aza kubana na we.

Bamaranye iminsi uyu mugore yaje kuzana undi mugabo barabana maze nyuma y’ibyo yongere kubenguka undi musore na we umuzana iwe, baba abagabo batatu ku mugore umwe.

Kugeza ubu uyu mugore abanye neza n’abo bagabo kuko bajyennye iminsi yo kuzuza inshingano zo mu biriri kuri buri muntu.

Umuryango ubanye neza ndetse na Nellie avuga ko abo bagabo bamunezaza cyane ndetse ko nta kintu yababuranye.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wasabirizaga yigize ikimuga kandi ari muzima yahuye nuruva gusenya

Sosiyete ishinzwe gutegura irushanwa rya miss Burundi, yatangaje ibizajyenderwaho kugirango bemererwe kwinjira mu irushanwa rya miss Burundi muri uyu mwaka wa 2023.