in

Umugabo wasabirizaga yigize ikimuga kandi ari muzima yahuye nuruva gusenya

Umugabo yatawe muri yombi na Police yo muri Dubai kubera gusabiriza yigiza ikimuga kandi ari muzima.

Uyu mugabo watawe muri yombi wapfashwe na Police ya Dubai yasanganwe ibihumbo birenga 300 byamafaranga akoresha muri Dubai ubwo ni amafaranga arenga Milliyoni 89 z’amanyarwanda yari yayahishe mu nsimburangingo y’impimbano.

Uyu mugabo yatawe muri yombi kuwa Kane w’icyumweru gishize bivugwa ko ari umuco umaze gusakara mu banyamahanga baza muri iki gihugu.

Ibinyamakuru byinshi muri Dubai bivugwa ko uyu mugabo yaje afite VISA yo gusura afatirwa aho yasabirizaga hafi y’imisigiti ndetse n’ahandi hantu hahurira abantu benshi ahita yoherezwa mu bushinjacyaha bwa Dubai.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abakobwa b’uburanga bigira kuri murandasi, bakunze kugira amanota mabi

Umugore warongowe n’abagabo batatu icyarimwe, yabavuze imyato karahava