in

Umugore ari mu marira nyuma yo kubengwa n’umukunzi we yahoraga asengera

Umutegarugori wo muri Nijeriya yerekeje kuri Twitter avuga uburyo yabenzwe n’umukunzi we yakundaga gusengera buri gitondo.

Uyu mudamu uzwi ku izina rya @IgbalodeAkewi, yavuze ko bari bamaze imyaka ibiri myiza bakundana kandi buri gihe amwoherereza amasengesho ikintu cya mbere mu gitondo, gusa amenya ko anakundana nundi mukobwa.

Nk’uko uyu mudamu wasigaye ababajwe cyane no kuvumburwa, ubuhemu bwumukunzi we avuga ko yari yaramwimariyemo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa mwiza wo mu Umuturanyi ari mu rukundo n’umuraperi wo muri Amerika

Umukobwa yajyanywe kwa muganga igitaraganya yiyahuriye umusore wamwanze