in

Umukobwa yajyanywe kwa muganga igitaraganya yiyahuriye umusore wamwanze

Umukobwa muto yajyanwe kwa muganga byihuse ubwo yanywaga imiti yica kubera koumukunzi we yari yamwanze.

Uyu mukobwa ukiri muto yahise arahira ko atazongera gukundana nyuma yumubano we wa nyuma bikaba byaratumye atakaza ubuzima aho barimo kumwongerera amaraso.

Muri videwo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, yasaga nkaho yahawe amaraso nyuma yo gufata ibinyobwa byica .

Ibindi bice bya clip byerekanaga ko arira bidasubirwaho kandi asa nkuwihebye. Yanditse ati: “Sinzongera gukundana na rimwe”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore ari mu marira nyuma yo kubengwa n’umukunzi we yahoraga asengera

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umwana w’umunyamakuru Christelle ukorera RBA (Amafoto)