in

Umugabo yikurunze hasi nk’uruhinja ubwo yaterwaga indobo n’inkumi mu maso y’abantu (Amafoto )

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yigaraguye muri ibyo byondo mu ruhame nyuma y’aho umukunzi we yanze icyifuzo cye cyo kumwambika impeta.

Uyu mugabo yagaragaye hasi yivuruguta mu byondo, akomeza kwinginga umukunzi we kugira ngo yemerere imbere y’abantu ko azamubera umugore.

Maze mu gutungura umukunzi we mu maso y’abantu yaje kwanga iyo mpeta bituma nya musore yivuruguta hasi ngo arebe ko bamwera

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ferwafa  yahagaritse bamwe mu basifuzi batitwaye neza ku kijyanye n’imisifurire ku munsi wa munani wa Primus Rwanda National League

Miss ingabire Grace akomeje kudahirwa n’irushanwa nyuma yo kwambara ikanzu yavugishije benshi