in

Umugabo yashetewe 5000Frw ngo ajye mu bwiherero gukuramo telefone y’undi mugabo yaguyemo, agezemo ntiyagaruka

Mu karere ka Nyanza, umugabo wari washetewe amafaranga ibihumbi bitanu y’u Rwanda kugirango akure Telefone yari yaguye mu bwiherero, yahezemo ahita ahasiga ubuzima.

Ndahimana Eric w’imyaka 22 niwe wapfuye, Nyuma yaho yari yemeye kujya muri WC, Gukuramo Telephone y’uwitwa Ufitese Fabien agahembwa amafaranga ibihumbi bitanu(5000frws).

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore ntuzabure ubwenge ! Dore ibintu bizakugaragariza ko umugore agushaka cyane

Umugabo yapfushije umugore ahita arongora nyirabukwe