in

Umugabo ntiyorohewe nyuma yo gutera akabariro n’umugore bikarangira ashizemo umwuka.

Uyu mugabo Warren Coulton w’imyaka 52 y’amavuko akurikiranyweho icyaha cyo kwica umuntu, nyuma yo gusohokana n’umugore bagatera akabariro kugeza uyu mugore apfuye

Warren Coulton yahamwe n’icyaha yakoze muri Nyakanga 2018 ubwo yasohokanaga na Claire Wright w’imyaka 38 apfa azira imibonano mpuzabitsina. Amakuru avuga ko aba bombi bararanye muri Loji bavuye mu mwiherero i Herons Lake.

Amakuru ya yahoonews avuga ko Coulton yabanje kunywa ibiyobyabwenge mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina na Wright. Umugore akimara gupfa uyu mugabo wari kumusambanya ntabwo yahise abimenyesha ubuyobozi yararuciye ararumira areba uburyo ahisha umurambo ariko baza kuwuvumbura.

Ku rundi ruhande, umwunganira we yashimangiye ko iyi ari impanuka iteye ubwoba. Inteko y’abacamanza isa nk’aho itemejwe n’impaka zo kwiregura ko iyi ari impanuka iteye ubwoba. Inteko y’abacamanza isanga Coulton ahamwa n’ibyaha aregwa bityo ko afungwa imyaka 6.

Umugore wapfuye arimo gutera akabariro

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Bahati Grace agiye kurongorwa n’umusore yihebeye

Cyore: inkweto zidasanzwe zifite amaso n’ubwenge zizajya zifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona zikomeje guca ibintu.