in

Umufana wa APR FC watutse umusifuzi igitutsi nyandagazi ashobora kwisanga RIB yamutwaye [Amashusho]

Umufana wa APR FC watutse umusifuzi igitutsi nyandagazi ashobora kwisanga RIB yamutwaye

Ku munsi wejo hashize ikipe ya APR FC yanganyije n’ikipe ya AS Kigali igitego 1-1 mu mukino waranzwe no kwangirwa igitego kwa APR FC abafana ntibabyishimira nubwo nyuma yanahawe Penalite igapfushwa ubusa.

Nyuma y’uyu mukino umwe mu bafana yagaragaye mu itangazamakuru afite umujinya mwinshi ndetse aza gutuka bikomeye umusifuzi wanze igitego cy’iyi kipe ibintu bishobora kutihanganirwa n’inzego za Leta, uyu mufana akisanga mu maboko atari aye.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu baturanyi b’u Rwanda hadutse icyorezo cy’ubushita cyimaze gufata abarenga ibihumbi 12

Itangazo rya FERWAFA kuri Kiyovu Sports na APR FC zigomba kwicyiranura n’abi-Gorogota