in

Ukwibyara gutera ineza ababyeyi; Meddy yifurije isabukurunziza umwana we ndetse anatakagiza umugore we byavuzwe ko amukubita (AMAFOTO)

Umuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye nka Meddy mu ndirimbo z’urukundo, yongeye kwifuriza umwana we isabukurunziza y’amavuko nyuma y’ibirori byo kuyizihiza byabaye ku cyumweru.

Ku cyumweru Meddy n’umugore we, Mimi bakoze ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umwana wabo, ni uko Meddy aza gusangiza abantu amafoto ndetse yongera no kubwira amagambo meza umwana we n’umugore we.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Meddy yasohoye ifoto y’umukobwa we maze arenzaho amagambo avuga ko igikomangoma gito Myla yujuje umwaka umwe.

Nyuma y’ibyo yasohoye andi mafoto ari kumwe n’umugore we n’umwana aho yavuze ko Imana yamuhaye yamuboneye umugore ni uko na we akiremera paradizo nto n’amaboko ye.

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Pierro
Pierro
1 year ago

Ko mbona muba mwarashyizeho ko umuntu atafata screenshot ngo yaba ari umuswa!ahubwo nimwe baswa!!!uburyo nibwinshi rwose bwokubikora n’ubu ayamafoto yose nayatwaye 😀😀😜

YEGOB HIT
Admin
1 year ago
Reply to  Pierro

Icyo utakora ni copy .. ariko screenshot wayikora rwose 😂😂

Abafana b’Umukobwa w’uburanga ntibumve ukuntu yimwe ikamba ryo kuba Miss

Menya ibitera kuzana inda nini ku bagabo ndetse n’abagore n’uburyo wabyirinda