in

Abafana b’Umukobwa w’uburanga ntibumve ukuntu yimwe ikamba ryo kuba Miss

Mu minsi yashize nibwo abategura irushanwa ry’ubwiza rizwi nka Miss Uganda bemeje ko Tumukunde Hannah Karma, yegukanye ikamba ryo kuba Miss.

Nyuma yo kugira Tumukunde miss, bahise batora na murumuna wa Cindy Sanyu, nk’igisonga cya mbere.

Abafana ba Ademun Whitney Martha murumuna wa Cindy Sanyu wegukanye ikamba ry’Igisonga cya mbere, ntibumva ukuntu atabaye miss.

Abafana be bavuze ko yakabaye yarabaye miss gusa ngo baramwibye.

Babajijwe niba Hannah wegukanye ikamba atabikwiye, bavuze ko ari mwiza gusa ngo ntabwo yarushije Whitney Martha kwitwara neza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Icyi nicyo cyintu gikomeje gutungura Cristiano Ronaldo muri Saudi Arabia

Ukwibyara gutera ineza ababyeyi; Meddy yifurije isabukurunziza umwana we ndetse anatakagiza umugore we byavuzwe ko amukubita (AMAFOTO)