in

Ubwiza bwe bureshya benshi: Menya impamvu Shaddy ari  we uzajya kwakira umuhanzi Kidumu Kibido mu gitaramo afite mu Bubiligi

Ubwiza bwe bureshya benshi: Menya impamvu Shaddy ari  we uzajya kwakira umuhanzi Kidumu Kibido mu gitaramo afite mu Bubiligi.

Shaddyboo umaze iminsi ku mugabane w’u Burayi ni we uzakira Kidum mu gitaramo agiye gukorera i Bruxelles ahitwa ‘Blu Bruxelles’ ku wa 6 Gicurasi 2023.

Uyu mugore umaze igihe i Burayi yiyambajwe mu rwego rwo kureshya Abanyarwanda n’Abarundi bamukunda muri iki gitaramo Kidum agiye gukorera mu Bubiligi.

Iki gitaramo ni kimwe mu byo Kidum agiye gukorera i Burayi aho ari kubarizwa muri iyi minsi.

Kidum aherutse gutaramira i Kigali mu ijoro ryo ku wa 24 Gashyantare 2023 mu gitaramo yahuriyemo n’abarimo itsinda rya B2C ndetse na Confy.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibihugu 4 byo muri Africa bibamo abantu bazi guteka neza kurenza ibindi ku buryo ubigiyemo utakwifuza gutaha

Papa Francis binyuze mu butumwa yageneye abanyarwanda yihanganishije ababuriye ababo mu biza avuga nicyo agiye gukora nk’umushumba mukuru wa Gatolika ku isi