in

Ibihugu 4 byo muri Africa bibamo abantu bazi guteka neza kurenza ibindi ku buryo ubigiyemo utakwifuza gutaha

Ibihugu 4 byo muri Africa bibamo abantu bazi guteka neza kurenza ibindi ku buryo ubigiyemo utakwifuza gutaha.

Burya ngo agahugu katagira umuco karacika! Kandi buri gihugu kigira umuco wacyo, no muri Africa harimo ibihugu byigirira umuco wo guteka neza.

Abantu bazi bino bihugu neza barabizi ko umuco wabo ari uguteka neza nkuko umwe mu muco wa kinyarwanda ari ukubyina bya kinyarwanda.

Ibyo bihugu ni

1. Seychelles

2. Nigeria: aba bo bazwi ku ipirawu cyane, si uko hatuye aba isilamu benshi ahubwo ni umuco wa buri muturage uhatuye.

3. Marroco: aba bo bazwi cyane ku cyayi, icyayi cyabo kiba kiryo birenze urugero.

4. South Africa.

Ibi nibyo bihugu bikungahaye ku muco wo guteka ibiryo byiza buri wese yakwifuza kurya ho.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya ubwoko 8 bwo guhoberana umenye n’ubusobanuro bwabyo

Ubwiza bwe bureshya benshi: Menya impamvu Shaddy ari  we uzajya kwakira umuhanzi Kidumu Kibido mu gitaramo afite mu Bubiligi