in

Ubuzima bwa Diamond Platnumz buramuhangayikishije

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanznaia wanditse izina ku Isi, Diamond Platnumz yagaragaje ko na we ashobora kuba ahangayikishijwe n’uburyo arimo gutakazamo ibiro.

Uyu muhanzi wigaruriye imitima ya benshi kubera indirimbo ze hakiyongeraho n’imiterere y’umubiri we, arimo kugenda atakaza ibiro gake gake ibintu bikomeje gutuma ahangayikisha n’ubuzima bwe.

Benshi mu bakurikirana uyu muhanzi, bakubwira ko Diamond wa 2021 atari we 2022 kuko yananutse ndetse akaba na we yaririnze kuvuga ikibimutera.

Mu butumwa aheruka gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram, Diamond Platnumz yavuze ko arimo kunanuka cyane, ibintu byayobeye abanya-Tanzania benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umurundo w’ibifaranga Salima Mukansanga amaze gukorera mu gikombe cy’isi ni akumiro

Umukinnyi ukomeye w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakoze ubukwe n’umukunzi we