in

Ubushakashatsi bwagaragaje isaha nziza yo kuryama ndetse n’isaha nziza yo kubyuka ku muntu wese ushaka kugira ubuzima bwiza 

Ubushakashatsi bwagaragaje isaha nziza yo kuryama ndetse n’isaha nziza yo kubyuka ku muntu wese ushaka kugira ubuzima bwiza

 

Kuryama ni ikintu gicyenerwa na buri umwe kuri iyi si, ndetse kuryama neza ni inkomoko y’ubuzima bwiza akaba ari nayo mpamvu dukeneye kuryama cyane nkuko dukenera ibiryo n’umwuka.

Igihe dushyize imbere akazi cyangwa ibindi biturangaza, ntituryame amasaha ahagije, ni bimwe mu bitera indwara zitandukanye nka Siteresi idashira, Agahinda gakabije, umuvuduko w’amaraso n’izindi.

 

Inzobere mu by’ubuzima zagaragaje ko byibuza Umuntu aba agomba kuryama amasaha angana cyangwa ari hejuru y’umunani.

Ubushakashatsi bwabo bwavuze ko byibuza umuntu yakagombye kuryama hagati ya saa mbiri (20:00) na sayine saa yine(22:00) z’ijoro.

 

Kandi Ubushakashatsi bwagaragaje ko umuntu ushaka gukora akazi ke neza aba agomba kuryama amasaha ahagije, bityo rero isaha nziza yo ku byuka ikaba saa kumi nebyiri (06:00) za mugitondo.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bafunze umuhanda hitabazwa Polisi! Imodoka zari zitwaye Diamond Platnumz zatangiriwe n’imbaga y’abantu biba ngombwa ko Polisi iza kubakura mu nzira (VIDEWO)

Byamukomeranye! Kimenyabose mu gufata no gutunganya amashusho mu Rwanda yasabiwe gufungwa imyaka 3 kubera ibyo yakoze ari mu kazi