in

“Ubu kandi ubu murumva ntasoni mufite” Shaddy Boo yanze kuripfana yataka APR FC nyuma yo kunyagirwa ibitego 6

“Ubu kandi ubu murumva ntasoni mufite” Shaddy Boo yanze kuripfana yataka APR FC nyuma yo kunyagirwa ibitego 6.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Shaddy Boo yatatse APR FC nyuma yo kunyagirwa.

Yifashishije ifoto yafashe kuri post ya APR FC yavugaga ko batsinzwe ibitego 6-1, Shaddy yayishyize kuri konti ye maze arenzaho amagambo yo gushotorana.

Shaddy Boo yagize ati: “Ubu kandi ubu murumva ntasoni mufite 🤣🤣🤣”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo witwa NKUNZIMANA Zepherin w’imyaka 47 yasubiye ku ishuri nyuma yo gukorerwa akarengane n’abacamanza

Umugabo wagukize agira Imana! Anita Pendo yagaragaje ubumenyi budasanzwe afite muri kungufu na karate ubundi acanga inkota n’icumu abagabo bashakaga kumwigondera bagira ubwoba – Videwo