in

“Twaryamanye duhuje ibitsina kenshi” Kadafi wo kwa Rocky Kimono yavuze ko hari abafata nabi ijambo ‘kuryamana n’abo muhuje igitsina’ – VIDEWO

Gafotozi wakamejeje, Kadafi Pro wamamaye mu basore bakunze kuba hafi y’umusobanuzi Rocky Kimono, yavuze ko hari abantu bumva uko bitari ijambo ‘kuryamana n’abo muhuje igitsina’.

Mu kiganiro yagiranye na Yago TV show, Kadafi yavuze ko abantu benshi baryamanye n’abo bahuje igitsina ngo kuko abana benshi baryamana na barumuna babo ndetse kandi avuga ko hari n’amashuri ategeka abantu kurarana.

We akomeza avuga ko abantu bagakwiye kubifata nabi igihe bavuze ko umuntu yasambanye n’uwo bahuje igitsina. Gusa tuziko mu Kinyarwanda iyo buvuze ko umuntu yaryamanye n’undu, hari igihe biba bivuze ko basambanye.

Reba videwo aho hasi:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari imyiyereko yo kuvundereza ibitego mu izamu: Ikipe ya Real Madrid yandavuriye kwa Manchester City

Disi yarakuze! Umwana wa rutahizamu Jacques Tuyisenge yagize isabukuru – Reba amafoto