in

“Tuvura kurangiza vuba” Abamamazaga imiti gutya bahagurukiwe barashijwa kuyobya rubanda

Ni kenshi iyo ugenda mu nzira cyangwa se, wumva radiyo cyangwa se ureba televiziyo, ntabwo usiba kumvwa abantu benshi bavuga uburyo bavura bikomeye.

Hari n’abajya kure bakemezako bavura ibintu byinshi bigiye bitandukanye , abavura uburemba, abavura cancer ndetse n’ibindi bigiye bitandukanye.

Ubuyobizi bwa minisiteri y’ubuzima ifatanije n’abafatanya bikorwa bayo bashimangiyejo nta muntu n’umwe wemerewe kugenda yamamaza ibikorwa bye ndetse no kuyobya rubanda.

Ibi byose byagaragaye mu myanzuro yasohowe mw’tangazo ryagenewe abaturage n’itangazamakuru dufitiye copy, igaragaza uko ibintu bikwiye kugenda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Henderson wa Liverpool yahawe umudari w’ikirenga mu Bwongereza ashimirwa umurava we

Rusine yavuze akaga yahuye nako ubwo yajyaga gusetsa mu kiriyo