in

Henderson wa Liverpool yahawe umudari w’ikirenga mu Bwongereza ashimirwa umurava we

Kuri uyu wa gatandatu mu ngoro y’umwamikazi, I Backngham, n’ibwo umukinnyi ukomeye ukinira ikipe ya Liverpool ariwe Jordan Henderson yahabwaga umudari w’icyubahiro gikomeye mu gihigu cy’ubwongereza.

Uyu mudari wanahawe kandi umukinnyi wa Manchester United Rashford kubwo ibikorwa yakozwe byiza byo gufasha abantu ndetse no guteza imbere imibereho ya bamwe mu baturage b’ubwongereza.

Uyu mu mudari mu magambo y’impine witwa MBE mu magambo arambuye ni Member of British Empire, aho baba bakugaragaza nk’umuturage urusha abandi ndetse ko uba ushimirwa imirimo myiza wakoze.

Jordan Henderson arashimirwa kuba yaratsinze amafaranga ndetse agafasha abaturage benshi b’ubwongereza biciye mu bikorwa byo gufasha n’urukundo.

Uyu mudari ukaba ukurikirwa na Title ya Sir, uhabwa ubundi ukaba ubaye uwikirenga mu Bwongereza bwose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Erradi Adil na Apr Fc batahiweho sitade ya nyagatare babatsibagurirayo

“Tuvura kurangiza vuba” Abamamazaga imiti gutya bahagurukiwe barashijwa kuyobya rubanda