in

Tottenham yemeje ko Antonio Conte agiye kuva ku mirimo ye

Antonio Conte wahuye n'ikibazo cy'uburwayi

Tottenham yemeje ko Antonio Conte agiye kuva ku mirimo ye by’agateganyo nk’umutoza mukuru wayo kubera uburwayi, nyuma yo kubagwa inyama y’indurwe.

Antonio Conte wahuye n’ikibazo cy’uburwayi

Antonio Conte ugeraniwe dore ko n’umusaruro utameze neza mu ikipe ya Tottenham Hotspurs ariko ikaba ikomeje kumugirira ikizere dore ko no ku isoko ryo mu kwa mbere y’amuguriye abakinnyi none no mu burwayi bwe , ikipe ya Tottenham yahisemo ko Cristian Stellini araza kuba umusimbura we by’agateganyo.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umusore wabeshyewe na mukase akamufungisha burundu ari mu gihirahiro

Diamond Platnumz watengushye abanyarwanda yongeye gutumirwa mu gitaramo i Kigali